RESOURCES

Uburyo Bwo Gufasha Ababeyi Kurinda Virusi Itera SIDA Abana Babavukaho

Year of Publication: 2015

This brochure was developed by the HIV Division of the Rwanda Ministry of Health. It intends to teach mothers who are infected by HIV how to protect their babies from contracting the disease while delivering. This was developed in 2016 and was distributed to all health centers in Rwanda.

The material provides brief information on:

  • What is HIV
  • How HIV is contracted
  • How the infected mother can protect her baby while delivering

Iyi depuliya yeteguwe kandi ikwirakwizwa na Ministeri y’Ubuzima ibinyujije mu Kigo cyayo cy’ubuzima RBC, ishami rishinzwe kurwanya SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina. Iyi mfashanyigisho yasohotse mu mwaka wa 2016. Igenewe ababyeyi bakibyara kandi barananduye agakoko gatera SIDA. Iyi depuliya yifashishwa n’abo babyeyi kimwe n’abashinzwe kubagira inama kurushaho kubungabunga ubuzima bw’abana babyaye kugira ngo birinde kubanduza bababyara n’igihe babonsa. Usibye ibyo iyi depuliya yaguha amakuru ukeneye kumenye ku:

  • Virusi itera SIDA ni iki?
  • Uko virusi itera SIDA yandura
  • Uburyo bwo kurinda abana kwandura virusi itera SIDA bashobora kwanduzwa n’ababyeyi
  • Gukurikirana ubuzima bw’umwana n’ubwa nyina